Umushinga USAID IGIRE JYAMBERE uri mu bukangurambaga mu kurwanya ihohoterwa
Akarere ka Nyarugenge katangije ubukangurambaga bw’iminsi 16 mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa Murenge wa Kanyinya, Akagari ka...
Rwamagana: Abaturage barishimira imihanda ya kaburimbo bubakiwe
Abaturage bo mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana barishimira iterambere ry’ibikorwa remezo begerejwe harimo n’imihanda, ubu...
Inzego zirahugurwa ku gukumira urusaku rubangamira umudendezo w’Abanyarwanda
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwita ku Bidukikije (REMA) ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu gitsura Ubuziranenge (RSB) kiri gutanga amahugurwa ajyanye no gusobanura inkomoko y'urusaku, ibipimo...
DUHAMIC ADRI yizihije umunsi Mpuzamahanga w’Umugore
DUHAMIC ADRI umuryango Nyarwanda utegamiye kuri Leta udaharanira inyunguwita ku majyambere y’icyaro wizihije umunsi Mpuzamahanga w’Umugore utiteinsanganyamatsiko igira iti “ Inyaka 30...
RWB yatangaje amabwiriza agenga imikoreshereze amashyuza
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi mu Rwanda (RWB) cyashyizeho amabwiriza agenga ikoreshwa ry’amazi y’amashyuza mu rwego rwo kuyabungabunga no gukumira ...
Ibyaranze “Iwacu Muzika Festival 2023” muri Ngoma (Amafoto)
Uyu munsi ku wa 7 Ukwakira 2023, abatuye mu Karere ka Ngoma bataramiwe n'abahanzi banyuranye barimo Bruce Melody, Bwiza, Riderman, Chris Eazy,...
Minisitiri Dr. Uwamariya yasabye abagore kwitabira gukorana n’ibigo by’imari
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’umuryango Dr. Uwamariya Valentine, yasabye abagore bo mu cyaro kubyaza umusaruro amahirwe bashyiriweho ajyanye no kuborohereza kubona inguzanyo mu...
Kicukiro: Abantu bafite ubumuga bari muri koperative bagaragaje inyungu zo gukorera hamwe
Abagore bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bibumbiye muri Koperative United Deaf Women Cooperative...
Mu Rwanda humvikanye umutingito
Ahagana saa kumi n'iminota makumyabiri, uyu munsi ku wa 24 Nzeri 2023, mu bice bitandukanye by'u Rwanda humvikanye umutingito. Wangije...
U Rwanda rwakiriye itsinda riri mu rugendo rugamije kubungabunga inzovu
Ku wa 29 Nzeri 2023, Umuyobozi w’Akerere ka Nyagatare Gasana Stephen ari kumwe na Ambasaderi wa Kenya mu Rwanda Philip Mundai Githiora...















